Ivuriro rito rizwi nka “Post de Sante” ryo mu kagari ka Muyira mu murenge wa Kibilizi mu karere ka Gisagara rimaze umwaka ridakora. Abaryivurizagaho batangaza ko ryabasubije ku gukora...
Ubukungu bw’isi bukomeje kuzamuka ari nako ibiciro ku masoko birushaho gutumbagira; uku ni nako ubushomeri by’umwihariko mu rubyiruko bukomeza kuzamuka. Birumvikana ko amikoro yo kubona ibyo bakeneye...
Abacukura amabuye arimo ayubakishwa mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare bagiye kwegerezwa amavuta bazajya bisiga bari mu mirimo yabo abarinde kuribwa n’imibu itera malaria ikunze...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumye ryita ku Buzima (OMS/WHO) ryasabye Igihugu cy’u Bushinwa gutanga amakuru no gufata ingamba ku cyorezo cyibasira ibihaha cyadutse muri iki gihugu kuva mu kwezi...
Mbonimana Gamariel wahoze ari intumwa ya rubanda mu nteko ishinga amategeko ariko akaza kwegura mu Ugushyingo 2022 nyuma yo gufatirwa mu cyuho atwaye imodoka kandi yanyoye ibisindisha, kuri ubu afite...
Mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) , hari abana bavutse bafatanye barimo kuhakurikiranirwa. Umuganga urimo kubakurikirana witwa Dr Ntaganda Edmond, avuga ko hari icyizere ko abo bana bashobora...
Abarimu 4 bo muri Sainte Trinité de Nyanza, ku wa Gatatu, bafatiwe mu cyuho bari gukuramo inda umunyeshuri bigishaga, bikaba byabereye mu Mudugudu wa Butansinda, Akagari ka Butansinda, Umurenge wa...