• Kwamanaza
  • Twandikire
  • Abo Turibo
Dive in the news
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Uburezi
  • Imyidagaduro
    • Umuco
    • Umuziki
    • Cinema
    • Imideri
  • Ubuzima
    • COVID-19
  • Ikoranabuhanga
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Ibidukikije
    • Ubucyerarugendo
  • DIASPORA
  • Utuntu n’utundi
    • Inkuru y’umunsi
    • Umunsi mumateka
    • Iteganya gihe
  • Kwamanaza
  • Twandikire
  • Abo Turibo

Gakenke: Abo muri Green Party bibukijwe guhashya no kurandura ingengabitekerezo ya Genocide ari umukoro wa buri wese


1 Apr 2025

12:28


Abagize shyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green Party) , bahagarariye abandi mu Karere ka Gakenke bibukijwe ko guhashya no kurandura ingengabitekerezo ya Jenoside ari umukoro wa buri wese, kugira ngo bakomeze gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda. Ibi byabwiwe abahagarariye abandi muri iri shyaka mu Karere ka Gakenke kuri uyu wa 28 Werurwe 2025, mu […]


  • POLITIKI

USA: Muri Leta ya California Inkongi y’Umuriro Yanze Gucogora


14 Jan 2025

11:22


Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, indege n’imodoka zizimya umuriro zakajije umurego zigerageza gucubya inkongi y’umuriro yibasiye agace ka Palisades mu mujyi wa Los Angeles ho muri Leta ya California. Iyi nkongi y’umuriro yanze gucogora kubera umuyaga ufite umuvuduko wa kilometero 110 ku isaha uri muri aka gace. Uyo muriro umaze gukongora hegitare 400 zirimo ingo […]


  • POLITIKI

Abadepite b’u Rwanda bemeje ishyingirwa ry’abafite imyaka 18


29 May 2024

11:31


Abadepite bavuze ko guha uburenganzira umuntu w’imyaka 18 akemerera gushyingirwa nta kibazo kirimo. Babigarutseho mu gihe kuri uyu wa 29 Gicurasi 2024 batangiye gutora itegeko rigenga abantu n’umuryango, rigizwe n’ingingo 405 zikubiye mu mitwe 18. Iyi mishinga mishinga yagejejwe imbere y’inyeko ishinga amategeko umutwe w’Abadepite muri Werurwe uyu mwaka. Mu ngingo zayo harimo uburyo bushya […]


  • POLITIKI

Perezida w’u Rwanda n’uw’Ubufaransa bagiranye ibiganiro binyuze kuri Telefone


23 Apr 2024

16:55


Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we uyobora Ubufaransa Emmanuel Macron baganira ku ngingo zitandukanye zirimo uko umubano hagati y’ibihugu byombi warushaho gutezwa imbere no mu zindi nzego. Nk’uko byanditswe ku rukuta rwa Perezidansi y’u Rwanda, aba bombi banaganiriye ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, igice gituranye n’u […]


  • POLITIKI

Urushyize kera ruhinyuza intwari: Kera kabaye FARDC yitandukanije na FDLR


23 Nov 2023

08:08


Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyashyize cyemera ko gifitanye imikoranire n’umutwe wa FDLR, aho cyatanze itegeko risaba abasirikare bacyo guca ukubiri n’uyu mutwe urwanya u Rwanda, kivuga ko uzabifatirwamo azahanwa by’intangarugero. Byatangajwe mu itangazo ryasomwe n’Umuvugizi wa FARDC, Maj Gen Ekenge Bomusa Sylvain ryagiye hanze kuri uyu wa Kabiri tariki 21 Ugushyingo […]


  • POLITIKI
  • Umutekano

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru mu butasi bwa Amerika


22 Nov 2023

08:57


Perezida Paul Kagame, yakiriye mu biro bye Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubutasi bwa Amerika, Avril Haines n’itsinda yari ayoboye, baganira ku bibazo by’umutekano muke muri Repubulika Iharanida Demokarasi ya Congo (RDC). Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byatangaje ko ibyo biganiro byabaye tariki 19 Ugushyingo 2023, Perezida Kagame na Madamu Avril bakaba baraganiriye ku buryo bwo gukemura […]


  • POLITIKI
  • Umutekano

Amashirakinyoma ku ihirikwa ry’ubutegetsi riri kuvugwa mu Burundi


17 Sep 2023

21:59


Minisiteri y’Itumanaho, Ikoranabuhanga n’Itangazamakuru mu Burundi yanyomoje amakuru yavugwaga ko hari ubwoba bw’uko hashobora kuba coup d’état. Ibi ni nyuma y’uko mu mpera z’iki cyumweru hari hakomeje kuvugwa urunturuntu rwerekeza ku ihirikwa ry’ubutegetsi muri iki gihugu gikunzwe kwitwa icy’Abashingantahe. Amakuru yatangiye kuvugwa nyuma y’aho umutekano wakajijwe ku cyicaro cya Radiyo na Telviziyo y’u Burundi (RTNB), […]


  • Mu mahanga
  • POLITIKI
  • Umutekano

Musanze: Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe ubukungu yeguye nyuma yo kwitabira ibirori byo kwimika umutware w’Abakono

  • POLITIKI

Dr. Edouard Ngirente asanga kwibohora nyako bisaba guharanira iterambere

  • POLITIKI

Amateka y’u Rwanda ajyanye no kwibohora yanditswe mu maraso y’abana barwo- Perezida Kagame

  • POLITIKI

Ni iki kihishe inyuma y’iseswa rya Njyanama ya Rutsiro?

  • POLITIKI

Kurebana ay’ingwe hagati y’U Bushinwa na US byaba bigiye kurangira?

  • Mu mahanga
  • POLITIKI

Umudepite wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yamaganiye kure abifuza ko Paul Rusesabagina wahamwe n’ibyaha by’iterabwoba yarekurwa

  • POLITIKI

Inama y’umutekano ku rwego rw’igihugu yongeye guterana nyuma y’imyaka ibiri

  • POLITIKI

Perezida Paul Kagame aratangira urugendo rw’iminsi itatu muri Jamaica

  • POLITIKI

Ibyo urimo ni imikino ya rwana igamije gusenya : Amagambo Papa Fransisko yageneye Perezida Putin

  • POLITIKI

Inkuru zasomye Cyane

Itsinda ry’abasirikare bakuru bo mu ishuri ryo mu Bwongereza ryasuye Rwanda Peace Academy

Rutahizamu Ani Elijah ukomoka muri Nigeria yitabiriye umwihero w’ikipe y’u Rwanda Amavubi

Abadepite b’u Rwanda bemeje ishyingirwa ry’abafite imyaka 18

IPRC Musanze yaciye agahigo itwara ibikombe biri mu marushanwa ya Rwanda Polytechnic abaye ku nshuro ya mbere

Muri Rwanda Peace Academy hatangirijwe amahugurwa yitezweho kuzamura ubumenyi bw’Abasirikare n’Abapolisi mu kubungabunga uburenganzira bw’Umwana

Follow Us:

  • Ahabanza
  • Politiki
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Uburezi
  • Imyidagaduro
  • Ubuzima
  • Ikoranabuhanga
  • Ubutabera
  • Ubucyerarugendo
  • Ubukungu
  • Ibidukikije
  • DIASPORA
  • Umunsi mumateka
  • Inkuru y’umunsi
  • Abo Turibo
  • Twandikire
  • Kwamanaza
  • News Letter
  • Support Us

Copyright 2023 © Ikoro Daily News. Powered and Designed by Skylight The Empire Ltd.