• Kwamanaza
  • Twandikire
  • Abo Turibo
Dive in the news
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Uburezi
  • Imyidagaduro
    • Umuco
    • Umuziki
    • Cinema
    • Imideri
  • Ubuzima
    • COVID-19
  • Ikoranabuhanga
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Ibidukikije
    • Ubucyerarugendo
  • DIASPORA
  • Utuntu n’utundi
    • Inkuru y’umunsi
    • Umunsi mumateka
    • Iteganya gihe
  • Kwamanaza
  • Twandikire
  • Abo Turibo

Umuhanzi Valens NIZEYIMANA yasohoye indirimo ye ya mbere yise “Ni Mwiza” aho agaragaza ko yahuye n’Imana


5 Sep 2024

14:32


Umuhanzi Valens NIZEYIMANA usanzwe ari umuririmbyi muri Kiliziya gatorika yasohoye indirimbo ye ya mbere yise “Ni Mwiza”. Ni indirimo irimo ubutumwa bugaragaza ubwiza bw’Imana binyuze mu byo yamukoreye. Hari aho agira ati “reka nzamuke wa musozi w’ubuzima bwanjye, maze ntangarize bose uwo twahuye, mubabwire uwo Mwami we ni mwiza ntabwo ahinduka!” Aha agaragaza ko hari […]


  • Iyobokamana

Zion Temple: Abashakaga kweguza Gitwaza bagiriwe inama yo gusaba imbabazi


26 Nov 2023

09:18


Itorero Authentic World Ministries/Zion Temple mu Rwanda ryasabye abakozi b’Imana bashyikirije inzego z’ubutabera ikirego basaba ko umukuru waryo Dr Paul Gitwaza yeguzwa ko basaba imbabazi, hanyuma bagakurikiza inzira zizwi n’amategeko mu gihe baba bashaka kongera kuba abayoboke b’iri torero. Ni nyuma y’uko ku wa Gatanu tariki ya 25 Ugushyingo (11), Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwatangaje […]


  • Iyobokamana

Niba ntagikozwe Bibiliya izajya igurwa n’umugabo isibe undi


16 Sep 2023

14:15


Hashize iminsi havugwa itumbagira ry’ibiciro mu bintu binyuranye, iyi nkubiri ikaba itaranasize inyuma Ijambo ry’imana, aho igiciro cya Bibiliya kidahwema kuzamuka uko bwije nuko bukeye. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda, Rwanda Bible Society, Pasiteri Ruzibiza Viateur, avuga ko iyi mpamvu ariyo yatumye uyu muryango utangiza ubukangurambaga bwo gutera inkunga iyandikwa rya Bibiliya mu […]


  • Iyobokamana

Pasiteri Theogène wabwirizaga yisanisha n’urubyiruko yitabye Imana


23 Jun 2023

10:15


Amakuru y’urupfu rwa Pasiteri Théogène Niyinshuti yamenyekanye mu masaha y’urukerera kuri uyu wa Gatanu taliki 23 Gicurasi 2023, saa cyenda za mugitondo.  Mu kiganiro gito Umuvugizi w’Itorero ADEPR yahaye itangazamakuru yemeje  ko Pasiteri Théogène Niyonshuti yitabye Imana. Yagize ati: “Nubwo bitaratangazwa ku mugaragaro ariko twamenye ko Pasiteri Théogène yitabye Imana azize impanuka ubwo yavaga mu gihugu […]

Pasiteri Theogene yitabye Imana

  • Iyobokamana

Nigeria: Umupasiteri ari gusaba abakirisitu amafaranga ngo abereke irembo rigana mu ijuru


24 Aug 2022

10:49


Mu gihugu cya Nigeria haravugwa umupasiteri witwa Ade Abraham ubu uri mu mazi abira kubera gushaka indonke. Uyu mukozi w’Imana ngo yari amaze igihe abwira abantu ko yabonye irembo riganisha mu nzira ijya mu ijuru. Iri rembo rikaba riherereye mu majyepfo y’Uburengerazuba ya Nigeria, ndetse ngo akaba yari yatangiye gusaba abantu ko bamwishyura agafaranga maze akaribagezaho maze nabo bagatangira urugendo rugana mu ijuru.


  • Iyobokamana

Kuki abantu bashaka guhuza ubukirisitu n’ubujiji bwabo? Apotre Mutabazi yifatiye ku gahanga abakiristu banga gukingirwa COVID-19


24 Aug 2022

10:46


Intumwa y’Imana yamenyekanye nka apôtre Mutabazi, yatangaje ko anenga abantu bose banze kwikingiza COVID 19 kubera imyemerere anahamya ko we usibye no kwikingiza yiteguye no gushyirwa mu mubiri we utwuma tw’ikoranabuhanga tuzwi nka ‘microchip’.


  • Iyobokamana

Intambara z’umwuka ntabwo zirwanishwaimbaraga z’umubiri: Muri Nigeria umupasiteri afunzwe azira kwica atemaguye umupfumu


24 Aug 2022

10:21


Mu gihugu cya Nigeria haravugwa Inkuru y’umupasteri wivuganye umupfumu ngo wamubangamiraga mu buryo bw’umwuka avuga ko yabitumwe n’Imana.


  • Iyobokamana

Abayisilamu bo mu Rwanda bifatanije n’isi yose mu kwizihiza umunsi wa Eid-Al Fitr

  • Iyobokamana

Umunyapolitiki wo muri Finland ari mu mzi abira nyuma yo kwifashisha Bibiliya akibasira abaryamana bahujeibitsina

  • Iyobokamana

Kera kabaye birashobotse: Umuhanzikazi ukomoka muri Tanzania Rose Muhando ukora umuziki wo guhimbaza Rugira agiye kugaruka gutaramira Abanyarwanda

  • Iyobokamana

Inkuru zasomye Cyane

Itsinda ry’abasirikare bakuru bo mu ishuri ryo mu Bwongereza ryasuye Rwanda Peace Academy

Rutahizamu Ani Elijah ukomoka muri Nigeria yitabiriye umwihero w’ikipe y’u Rwanda Amavubi

Abadepite b’u Rwanda bemeje ishyingirwa ry’abafite imyaka 18

IPRC Musanze yaciye agahigo itwara ibikombe biri mu marushanwa ya Rwanda Polytechnic abaye ku nshuro ya mbere

Muri Rwanda Peace Academy hatangirijwe amahugurwa yitezweho kuzamura ubumenyi bw’Abasirikare n’Abapolisi mu kubungabunga uburenganzira bw’Umwana

Follow Us:

  • Ahabanza
  • Politiki
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Uburezi
  • Imyidagaduro
  • Ubuzima
  • Ikoranabuhanga
  • Ubutabera
  • Ubucyerarugendo
  • Ubukungu
  • Ibidukikije
  • DIASPORA
  • Umunsi mumateka
  • Inkuru y’umunsi
  • Abo Turibo
  • Twandikire
  • Kwamanaza
  • News Letter
  • Support Us

Copyright 2023 © Ikoro Daily News. Powered and Designed by Skylight The Empire Ltd.