• Kwamanaza
  • Twandikire
  • Abo Turibo
Dive in the news
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Uburezi
  • Imyidagaduro
    • Umuco
    • Umuziki
    • Cinema
    • Imideri
  • Ubuzima
    • COVID-19
  • Ikoranabuhanga
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Ibidukikije
    • Ubucyerarugendo
  • DIASPORA
  • Utuntu n’utundi
    • Inkuru y’umunsi
    • Umunsi mumateka
    • Iteganya gihe
  • Kwamanaza
  • Twandikire
  • Abo Turibo

wasili’ umunyamakuru wa Rayon Sports akomeje gutangaza benshi kubera imyitwarire ye ku kibuga


4 Dec 2024

23:45


Rayon Sports imaze imikino 11 idatsindwa, kuri uyu munsi yinjijwe igitego na Muhazi United aho umukino waje kurangira Rayon Sports ifite ibitego bibiri kuri kimwe. Ni ikipe bigaragara ko ihagaze neza kuko yari imaze imikino igera ku 8 itinjizwa igitego; initegura mukeba wayo APR FC bazahura mu mpera z’iki cyumweru. Mbere y’uko mva kuri iyi […]


  • Imikino

IPRC Musanze yaciye agahigo itwara ibikombe biri mu marushanwa ya Rwanda Polytechnic abaye ku nshuro ya mbere


2 Jun 2024

12:34


IPRC Musanze yahize andi makipe yegukana ibikombe bibiri mu byakiniwe mu marushwa ahuza amashuri yose ya Rwanda Polytechnic (RP) harimo icya Ruhago na Volleyball y’abagabo. Ni mu mikino imaze hafi amezi abiri n’igice ariko ikaba yasorejwe ku kibuga cya IPRC Kigali, kuri uyu wa Gatandatu, tariki a 1 Kamena 2024, hakinwa umukino wa nyuma muri […]


  • Imikino

Rutahizamu Ani Elijah ukomoka muri Nigeria yitabiriye umwihero w’ikipe y’u Rwanda Amavubi


20 May 2024

12:06


Rutahizamu wa Bugesera FC Ani Elijah ni umwe mu bakinnyi bitabiriye umwiherero w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yitegura imikino ibiri ya Bénin na Lesotho. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 20 Gicurasi ni bwo bamwe mu bakinnyi bahamagawe mu Ikipe y’Igihugu bageze ku biro by’Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA). Abakinnyi bose barahita berekeza mu Karere ka […]


  • Imikino

Rayon Sport idafite icyo iharanira muri Shampiyona yagaragaje intege nke isezererwa na Bugesera FC mu gikombe cy’amahoro


23 Apr 2024

17:49


Kuri uyu wa kabiri tariki ya 23 Mata 2024, Rayon Sport yasabwaga gutsindira Bugesera Fc kuri Stade y’akarere ka Bugesera ibitego bibiri ku busa kugira ngo ibashe kugera ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro. Ni nyuma y’uko iyi kipe y’ubukombe yatsikiriye kuri Kigali Pele Stadium ihatsindirwa igitego kimwe ku busa. Iyi Bugesera yari yasuye yakinishije […]


  • Imikino

Haaland yandikiye amateka mu mukino Manchester City yanganirijemo na Liverpool


25 Nov 2023

18:29


Mu Bwongereza hakinwaga shampiyona ku munsi wayo wa 13, aho amakipe ahabwa amahirwe yo gutwara igikombe kurusha ayandi, Manchester City na Liverpool zagombaga kwisobanira. Ni umukino warangiye aya makipe aganije igitego kimwe ku kindi, umukinnyi Erling Haaland akaba yatsinze igitego cyatumye yuzuza ibitego 50 muri shampiyona y’u Bwongereza ari gukinamo umwaka wa kabiri aho yabitsinze […]


  • Imikino

Umutoza Joslin Bipfubusa: igisubizo ku ruhuri rw’ibibazo biri muri Kiyovu?


23 Nov 2023

08:02


Kuri uyu wa Gatatu, ikipe ya Kiyovu Sports yatangaje Umurundi Bipfubusa Joslin nk’umutoza wayo mushya asimbuye Petros Koukouras. Ibi iyi kipe yabitangaje ibinyujije ku mbuga zayo nkoranyambaga nyuma y’uko n’ubundi ku wa 21 Ugushyingo 2023 yari yatangaje ko yatandukanye ku bwumvikane n’Umugereki wayitozaga Petros Koukouras. Uyu mutoza w’imyaka 39 y’amavuko yasinye amasezerano y’umwaka umwe atoza […]


  • Imikino

Imyenda Messi yakinanye igikombe cy’Isi muri 2022 igiye kugurwa akayabo


20 Nov 2023

17:17


Imyambaro yakoreshejwe na rurangiranwa mu mupira w’amaguru Lionel Messi igiye kugurishwa muri cyamunara iteganijwe mu mpera z’uyu mwaka wa 2023. Urubuga Sotheby rusanzwe rukora ibijyanye na cyamunara rwatangaje ko agaciro fatizo k’ibanze gahabwa iyi mipira itandatu yo kwambara Messi yakinanye mu gikombe cy’Isi ari miliyoni 10 z’Amadorali. Iyi myenda igiye kuzagurishwa muri cyamunara ni iyatanzwe […]


  • Imikino

Impinduka mu busatirizi bw’Amavubi ku mukino azakina na Afrika y’Epfo

  • Imikino

U Bwongereza bugiye guhura na Ecosse mu mukino w’amateka

  • Imikino

Mukansanga agiye gusifura igikombe cy’isi cy’abari n’abategarugori

  • Imikino

Muri Basketball ho biri kwemera: Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ikomeje kwitwara neza

  • Imikino

Urwishe ya nka ruracyayirimo: Amavubi atsindiwe iwayo

  • Imikino

U Rwanda rwarasezerewe muri CHAN: Amasomo uyu mukino wadusigiye

  • Imikino

Gisagara VC yegukanye umwanya wa gatatu muri Afrika yongeye kwakira Mutabazi Yves uherutse guhurira n’ibibazo muri EAU

  • Imikino

Abahatanira umwanya wo gutoza ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ni bantu ki ?

  • Imikino

Umunyarwandakazi ukina umukino wo gusiganwa mu modoka yabonye akazi kuri Sky Sport

  • Imikino

Inkuru zasomye Cyane

Itsinda ry’abasirikare bakuru bo mu ishuri ryo mu Bwongereza ryasuye Rwanda Peace Academy

Rutahizamu Ani Elijah ukomoka muri Nigeria yitabiriye umwihero w’ikipe y’u Rwanda Amavubi

Abadepite b’u Rwanda bemeje ishyingirwa ry’abafite imyaka 18

IPRC Musanze yaciye agahigo itwara ibikombe biri mu marushanwa ya Rwanda Polytechnic abaye ku nshuro ya mbere

Muri Rwanda Peace Academy hatangirijwe amahugurwa yitezweho kuzamura ubumenyi bw’Abasirikare n’Abapolisi mu kubungabunga uburenganzira bw’Umwana

Follow Us:

  • Ahabanza
  • Politiki
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Uburezi
  • Imyidagaduro
  • Ubuzima
  • Ikoranabuhanga
  • Ubutabera
  • Ubucyerarugendo
  • Ubukungu
  • Ibidukikije
  • DIASPORA
  • Umunsi mumateka
  • Inkuru y’umunsi
  • Abo Turibo
  • Twandikire
  • Kwamanaza
  • News Letter
  • Support Us

Copyright 2023 © Ikoro Daily News. Powered and Designed by Skylight The Empire Ltd.