Imirimo y’uburobyi mu kiyaga cya Kivu yari yarahagaritswe kuva Tariki ya 28 Kanama muri uyu mwaka, bikaba biteganijwe ko izongera gusubukurwa Tariki ya 28 Ukwakira 2023. Aka karuhuko ntago ari...
Iminsi 15 niyo ishize hagwa iyi mvura mu bice hafi ya byose by’igihugu, muri rusange iki kikaba cyari nacyo gihe cyo kuba abahinzi bafatirana bagatera imbuto. Gusa bamwe mu bahinzi...
Banki y’Abaturage y’U Rwanda (BPR) ihanganye mu nkiko n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke, aho iki kigo cy’imari gishinja ubuyobozi bw’Akarere kuba barabigirijeho nkana, bakabaca indishyi...