IBICURUZWA TWABAHITIYEMO

Abadepite b’u Rwanda bemeje ishyingirwa ry’abafite imyaka 18

Abadepite bavuze ko guha uburenganzira umuntu w’imyaka 18 akemerera gushyingirwa nta kibazo kirimo. Babigarutseho mu gihe kuri uyu wa 29 Gicurasi 2024 batangiye gutora itegeko rigenga abantu n’umuryango, rigizwe n’ingingo 405 zikubiye mu mitwe 18. Iyi mishinga mishinga yagejejwe imbere y’inyeko ishinga amategeko umutwe w’Abadepite muri Werurwe uyu mwaka. Mu ngingo zayo harimo uburyo bushya […]

IPRC Musanze yaciye agahigo itwara ibikombe biri mu marushanwa ya Rwanda Polytechnic abaye ku nshuro ya mbere

IPRC Musanze yahize andi makipe yegukana ibikombe bibiri mu byakiniwe mu marushwa ahuza amashuri yose ya Rwanda Polytechnic (RP) harimo icya Ruhago na Volleyball y’abagabo. Ni mu mikino imaze hafi amezi abiri n’igice ariko ikaba yasorejwe ku kibuga cya IPRC Kigali, kuri uyu wa Gatandatu, tariki a 1 Kamena 2024, hakinwa umukino wa nyuma muri […]

AMACUMBI MU RWANDA

Umuhanzi Valens NIZEYIMANA yasohoye indirimo ye ya mbere yise “Ni Mwiza” aho agaragaza ko yahuye n’Imana

Umuhanzi Valens NIZEYIMANA usanzwe ari umuririmbyi muri Kiliziya gatorika yasohoye indirimbo ye ya mbere yise “Ni Mwiza”. Ni indirimo irimo ubutumwa bugaragaza ubwiza bw’Imana binyuze mu byo yamukoreye. Hari aho agira ati “reka nzamuke wa musozi w’ubuzima bwanjye, maze ntangarize bose uwo twahuye, mubabwire uwo Mwami we ni mwiza ntabwo ahinduka!” Aha agaragaza ko hari […]

Zion Temple: Abashakaga kweguza Gitwaza bagiriwe inama yo gusaba imbabazi

Itorero Authentic World Ministries/Zion Temple mu Rwanda ryasabye abakozi b’Imana bashyikirije inzego z’ubutabera ikirego basaba ko umukuru waryo Dr Paul Gitwaza yeguzwa ko basaba imbabazi, hanyuma bagakurikiza inzira zizwi n’amategeko mu gihe baba bashaka kongera kuba abayoboke b’iri torero. Ni nyuma y’uko ku wa Gatanu tariki ya 25 Ugushyingo (11), Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwatangaje […]

Niba ntagikozwe Bibiliya izajya igurwa n’umugabo isibe undi

Hashize iminsi havugwa itumbagira ry’ibiciro mu bintu binyuranye, iyi nkubiri ikaba itaranasize inyuma Ijambo ry’imana, aho igiciro cya Bibiliya kidahwema kuzamuka uko bwije nuko bukeye. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda, Rwanda Bible Society, Pasiteri Ruzibiza Viateur, avuga ko iyi mpamvu ariyo yatumye uyu muryango utangiza ubukangurambaga bwo gutera inkunga iyandikwa rya Bibiliya mu […]

Pasiteri Theogene yitabye Imana

Pasiteri Theogène wabwirizaga yisanisha n’urubyiruko yitabye Imana

Amakuru y’urupfu rwa Pasiteri Théogène Niyinshuti yamenyekanye mu masaha y’urukerera kuri uyu wa Gatanu taliki 23 Gicurasi 2023, saa cyenda za mugitondo.  Mu kiganiro gito Umuvugizi w’Itorero ADEPR yahaye itangazamakuru yemeje  ko Pasiteri Théogène Niyonshuti yitabye Imana. Yagize ati: “Nubwo bitaratangazwa ku mugaragaro ariko twamenye ko Pasiteri Théogène yitabye Imana azize impanuka ubwo yavaga mu gihugu […]

Nigeria: Umupasiteri ari gusaba abakirisitu amafaranga ngo abereke irembo rigana mu ijuru

Mu gihugu cya Nigeria haravugwa umupasiteri witwa Ade Abraham ubu uri mu mazi abira kubera gushaka indonke. Uyu mukozi w’Imana ngo yari amaze igihe abwira abantu ko yabonye irembo riganisha mu nzira ijya mu ijuru. Iri rembo rikaba riherereye mu majyepfo y’Uburengerazuba ya Nigeria, ndetse ngo akaba yari yatangiye gusaba abantu ko bamwishyura agafaranga maze akaribagezaho maze nabo bagatangira urugendo rugana mu ijuru.

Kuki abantu bashaka guhuza ubukirisitu n’ubujiji bwabo? Apotre Mutabazi yifatiye ku gahanga abakiristu banga gukingirwa COVID-19

Intumwa y’Imana yamenyekanye nka apôtre Mutabazi, yatangaje ko anenga abantu bose banze kwikingiza COVID 19 kubera imyemerere anahamya ko we usibye no kwikingiza yiteguye no gushyirwa mu mubiri we utwuma tw’ikoranabuhanga tuzwi nka ‘microchip’.

Intambara z’umwuka ntabwo zirwanishwaimbaraga z’umubiri: Muri Nigeria umupasiteri afunzwe azira kwica atemaguye umupfumu

Mu gihugu cya Nigeria haravugwa Inkuru y’umupasteri wivuganye umupfumu ngo wamubangamiraga mu buryo bw’umwuka avuga ko yabitumwe n’Imana.

Abayisilamu bo mu Rwanda bifatanije n’isi yose mu kwizihiza umunsi wa Eid-Al Fitr

Kuri uyu wa Mbere taliki ya 02 Gicurasi 2022, Abayisilamu bo mu Rwanda bazindukiye mu isengesho risoza ukwezi gutagatifu kwa Ramadhan mu kwizihiza umunsi mukuru usoza icyo gisibogitagatifu (Eid-al Fitr).

Umunyapolitiki wo muri Finland ari mu mzi abira nyuma yo kwifashisha Bibiliya akibasira abaryamana bahujeibitsina

Abakristu barenga 14 000 bo mu gihugu cya Finland n’ahandi ku isi bashyize umukono ku masezerano yo gushyigikira binyuze mu masengesho umunyapolitiki wo mu ishyaka rya gikristu ukurikiranwe n’urukiko nyuma yo kuregwa kugaragaza ibitekerezo bye ku baryamana bahuje ibitsina yifashishije Bibiliya.

Kera kabaye birashobotse: Umuhanzikazi ukomoka muri Tanzania Rose Muhando ukora umuziki wo guhimbaza Rugira agiye kugaruka gutaramira Abanyarwanda

Umuhanzikazi uzwi cyane mu ndirimbo zahariwe guhimbaza no gusingiza Nyagasani ukomoka mu gihugu cya Tanzania akaba azwi ku mazina ya Rose Muhando agiye kongera gutaramira abanyarwanda, hazaba ari mu gikorwa cyo gusoza icyiswe “Rwanda Gospel Stars Live

UMUNSI MUMATEKA

UBUCYERARUGENDO MU RWANDA

Ubushakashatsi: Mu gihe umwe muri batanu afite ibibazo byo mu mutwe, abasaga ibihumbi 20 mu Rwanda baba babifite

Ubukungu bw’isi bukomeje kuzamuka ari nako ibiciro ku masoko birushaho gutumbagira; uku ni nako ubushomeri by’umwihariko mu rubyiruko bukomeza kuzamuka. Birumvikana ko amikoro yo kubona ibyo bakeneye ari hasi cyane! Kimwe mu musaruro w’ibi, ni ukuzamura imibare y’abaturage babaho badafite icyizere cy’ahazaza. Ku ruhande rw’urubyiruko, hari urubayeho rutya. Ibi dushobora kutabihurizaho 100% kuko nta mibare […]

Umuhanzi M Zaidi yashyize hanze Indirimbo yise “ISAHA” ihumuriza abantu mu rugendo rw’ubuzima

Umuhanzi Good Verse M Zaidi ukorera umuziki mu karere ka Musanze yashyize hanze indirimbo yise “Isaha” ari kumwe na Khalifan Govinda umenyerewe muri Hip Hop. Uyu muhanzi usa n’umaze kwigarurira ikibuga cy’umuziki mu karere ka Musanze, ashyize hanze iyi ndirimbo nyuma y’izindi zirimo “Move” aho yahuje abahanzi bo muri aka karere “Agashinge” ndetse na “Umutaka” […]

Murindahabi Irene uri muri Canada yaba ateganya kuzagaruka?

Umunyamakuru umenyerewe cyane mu nkuru z’imyidagaduro Murindahabi Irene, yamaze impungenge abantu bibazaga ko azagaruka cyangwa azaguma muri Canada. Uyu munyamakuru wanashinze inzu ifasha abahanzi ya M.I.E (Murindihabi Irene Empire), amaze iminsi igera kuri ibiri ashyize ifoto ku mbuga nkoranyambaga ze, agaragaza ko yageze mu gihugu cya Canada aho yagaragazaga ko agiye kuba ahaba nko mu […]

Hasojwe irushanwa rya Nyampinga w’Isi 2023 ryahatanagamo ababyeyi n’abihinduje igitsina

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Ugushyingo 2023, nibwo hasojwe irushanwa rya Nyampinga w’Isi 2023, irushanwa ryabaga ku nshuro yaryo ya 72. Uwahize abandi ndetse akegukana ikamba nk’umukobwa mwiza ku Isi yose muri uyu mwaka ni Sheynnis Palacios ukomoka mu gihugu cya Nicaragua. Iri rushanwa ry’uyu mwaka ryaranzwe n’udushya, aho mu bahatanye harimo ababyeyi […]

Meddy ayoboye abahanzi bo mu Rwanda mu kuba indirimbo ye yararebwe kenshi

Meddy arayoboye: Indirimbo 5 z’abahanzi nyarwanda zarebwe cyane kuri YouTube

Kereka udashaka kubireba, ariko ubundi nta gushidikanya ko umuziki wo mu Rwanda umaze kugera ku rwego rushimishije, aho kuri ubu bamaze kugera ku rwego rwo gukora indirimbo zinyura Abanyarwanda, ariko zikanambuka imipaka, yemwe zikanabahesha ibihembe mu ruhando mpuzamahanga. Ku nshuro ya mbere mu mateka, indirimbo y’umuhanzi w’Umunyarwanda yabashije kuzuza hafi miliyoni 100 z’abayirebye kuri YouTube, […]

Urujijo kuri bimwe mu bimenyetso bishinja Prince Kid

Ishimwe Dieudonne wamenyekanye nka Prince Kid yongeye kwisobanura imbere y’Urukiko kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Nzeri 2023, aho akurikiranweho ibyaha birimo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato no guhoza undi ku nkeke bifitanye isano n’imibonano mpuzabitsina. Kuri uyu wa Gatanu rero nibwo Ishimwe yageraga imbere y’Urukiko rwisumbuye rwa Nyamirambo ngo aburane ku byaha aregwa. […]

Niyonizera Judith wahoze ari umugore wa Safi Madiba agiye kongera kurushinga

Niyonizera Judith wahoze ari umugore w’umuhanzi Safi Madiba, bakaba baherutse guhabwa ubutane bwa burundu, yamaze kwambikwa impeta n’umukunzi we mushya, wamusabye ko basezerana. Ni inkuru yitangarijwe na Niyonizera Judith mu mafoto ndetse n’ubutumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, agaragaza ibyishimo byinshi byo kuba yambitswe impeta n’umukunzi we ku munsi w’isabukuru y’amavuko ye. Judith washimye Imana […]

Kivumbi King agiye agiye kwitabira ibitaramo bizabera ku mugabane w’Uburayi

Kivumbi King umuhanzi umaze kuba rurangiranwa mu njyana ya rap hano mu Rwanda ahanini kubera umwihariko we mu kwandika akoresheje imvugo izimije ikundwa n’abato, agiye kwitabira ibitaramo bizabera ku mugabane w’u Burayi mu bihugu bya Pologne n’u Bubiligi.

Ivumburamatsiko kuri Album Exodus yakorewe mu buhungiro ariko ikaba yarabaye Album y’ikinyejana

Album Exodus ya Bob Marley ubu imaze imyaka 45, ifatwa nk’iyaranze ikinyejana gishize cya 20 muri muzika. Aho yayisohoreye i Londres hatangiye imurikabikorwa kuri iki cyamamare muri Reggae.

Imvamutima za Britney Spears watumiwe mu nteko ishinga amategeko ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika: kuri njye ni nko gufungura indi paji y’ubuzima bwanjye

Uyu muhanzikazi yabitangaje yifashishije imbuga nkoranyambaga, aho yatangaje ko yishimiye kuba yatumiwe muri iyi nteko.

Ubusitari si izina gusa ahubwo ni uburyo bwo kubaho: Bruce Melodie aciye agahigo ko kugura imodoka ihenze itarigeze itungwa n’undi muhanzi mu Rwanda

Hari hashize igihe havugwa amakuruko umuhanzi Bruce Melodie ubundi ashobora kuba yaratumije imodoka ihenze cyane, kabone nubwo nta muntu wari warabashije gusobanura neza ubwoko bw’iyo modoka. Nyamara kugeza ubu amakuru afitiwe gihamya agera kuri www.ikorodailynews.com avuga ko iyi modoka yamaze kugera mu Rwanda ndetse nyirayo aratangira kuyigenderamo mu minsi ya vuba.

AMASHURI MU RWANDA

Imigi 100 ifite ikirere gihumanye kurusha indi ku isi iri muri Aziya, 83 muri yo iri mu gihugu kimwe

Imigi ijana ifite ibikorwa byinshi byangiza ikirere yagaragaye muri Aziya nk’uko byashyizwe ahagaragara na Raporo y’ikigo IQ Air cyo mu Busuwisi. Iyi migi ifite uruhare runini mu kugira umwuka mubi unashyira mu byago ubuzima bw’ama miliyoni atuye isi. Iyi Raporo ishingira ku bipimo fatizo by’umwuka byagenwe n’umuryango w’abibumbye (2.5PM), yakorewe ku migi 7,812 yo mu […]

Buri Murenge uzaba ufite ishuri ry’imyuga mu mwaka w’amashuri 2024/2025

Kuri uyu wa 18 Mata nibwo minisitire w’Intebe yabivuze ubwo yagejeje ku nteko ishingamategeko y’u Rwanda imitwe yombi, ibyo Guverinoma yakoze kuva 2017 mu guteza imbere ireme ry’uburezi mu nzego zose. Mu byo yagarutseho harimo n’intego u Rwanda rwari rwarihaye aho rwagombaga kubaka byibura ishuri rimwe ryimyuga muri buri murenge. Agaragaza ko ishyirwa mu bikorwa […]

MADE IN RWANDA