Amakuru Radiotv10 yanyujije ku rubuga rwa X avuga ko Gasore Pacifique wamamaye nka Yaka Mwana muri Sinema Nyarwanda yafunzwe azira gutera akavuyo mu rukiko. Ibi ngo bikaba byabereye ku rukiko...
Umuhanzi Good Verse M Zaidi ukorera umuziki mu karere ka Musanze yashyize hanze indirimbo yise “Isaha” ari kumwe na Khalifan Govinda umenyerewe muri Hip Hop. Uyu muhanzi usa n’umaze...
Kereka udashaka kubireba, ariko ubundi nta gushidikanya ko umuziki wo mu Rwanda umaze kugera ku rwego rushimishije, aho kuri ubu bamaze kugera ku rwego rwo gukora indirimbo zinyura Abanyarwanda,...