Ababurana ari babiri umwe aba yigiza nkana: ikamba rya Nyampinga w’U Rwanda 2022 ryabonye nyiraryo, Ababurana ari babiri umwe aba yigiza nkana: ikamba rya Nyampinga w’U Rwanda 2022 ryabonye nyiraryo

Mu birori byabereye I Rusororo muri Intare Arena Conference kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Werurwe 2022, Nshuti Muheto Divine y’imyaka 18 niwe wegukanye ikamba rya Nyampinga uhiga abandi. Mu birori byabereye I Rusororo muri Intare Arena Conference kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Werurwe 2022, Nshuti Muheto Divine w’imyaka 18 niwe wegukanye ikamba rya Nyampinga uhiga abandi.

Posted on: 15:25, 13 Aug 2022

0

22 Views

Uyu mukobwa warangije amashuri yisumbuye muri uyu mwaka yegukanye iri Kamba ahigitse Maolithia Keza wabaye igisonga cya mbere na Darina Kayumba wabaye igisonga cya kabiri.

“Akanama nkemurampaka kari kagizwe na Miss Mutesi Jolly; Umunyamakuru ubifitemo uburambe Munyaneza James akaba akorera The New Times; Irizabimbuto Fidèle ukorera RBA nk’umunyamakuru usemurira abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga; Malik Shaffy, Niwemwiza Anne Marie ukorera KT Radio.

Muheto winjiye muri aya marushanwa ku itiki y’Intara y’Uburengerazuba abaye umukobwa wa mbere ukomoka hanze y’Umujyi wa Kigali wegukanye iri Kamba nyuma ya Iradukunda Liliane waryegukanye muri 2018.

Nyuma yo kwegukana iri Kamba yagize ati: “Ndishimye cyane! Ibi ni umugisha kandi ndashimira abanshyigikiye bose muri uru rugendo.”

Miss Muheto wanatsindiye kuba uwakunzwe cyane yahembwe imodoka nshya ya Hyundai Venue ifite agaciro kari hagati ya Miiliyoni 18 na Miliyoni 22 z’Amafaranga y’ U Rwanda ndetse n’umushahara w’ukwezi uhwanye n’ibihumbi 800 by’Amafarnga y’U Rwanda azahembwa mu gihe cy’umwaka azamara afite iri Kamba.

Uyu mukobwa warangije amashuri yisumbuye muri uyu mwaka yegukanye iri Kamba ahigitse Maolithia Keza wabaye igisonga cya mbere na Darina Kayumba wabaye igisonga cya kabiri.

“Akanama nkemurampaka kari kagizwe na Miss Mutesi Jolly; Umunyamakuru ubifitemo uburambe Munyaneza James akaba akorera The New Times; Irizabimbuto Fidèle ukorera RBA nk’umunyamakuru usemurira abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga; Malik Shaffy, Niwemwiza Anne Marie ukorera KT Radio.

Muheto winjiye muri aya marushanwa ku itiki y’Intara y’Uburengerazuba abaye umukobwa wa mbere ukomoka hanze y’Umujyi wa Kigali wegukanye iri Kamba nyuma ya Iradukunda Liliane waryegukanye muri 2018.

Nyuma yo kwegukana iri Kamba yagize ati: “Ndishimye cyane! Ibi ni umugisha kandi ndashimira abanshyigikiye bose muri uru rugendo.”

Miss Muheto wanatsindiye kuba uwakunzwe cyane yahembwe imodoka nshya ya Hyundai Venue ifite agaciro kari hagati ya Miiliyoni 18 na Miliyoni 22 z’Amafaranga y’ U Rwanda ndetse n’umushahara w’ukwezi uhwanye n’ibihumbi 800 by’Amafarnga y’U Rwanda azahembwa mu gihe cy’umwaka azamara afite iri Kamba.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *